Home Inkuru zamamaza Mu rwego rwo kwirinda Coronavirus,Sina Gerard yabazaniye isabuni isukura intoki(Hand wash)n’umuti wica mikorobe(Hand sinitizer).

Mu rwego rwo kwirinda Coronavirus,Sina Gerard yabazaniye isabuni isukura intoki(Hand wash)n’umuti wica mikorobe(Hand sinitizer).

by Nsabimana Jean Claude
0 comment

Sina Gerard wamenyekanye nka Nyirangarama akomeje kuza ku isonga muri ba Rwiyemezamirimo bateza imbere igihugu cyane cyane ahereye ku bikorwa by’ubuhinzi n’ubworozi,ibi binatuma ahanga imirimo itandukanye ituma abantu benshi babona akazi,kuri ubu ariko nyuma yo kubona icyorezo cya Coronavirus cyugarije Isi n’u Rwanda yashyize ku isoko isabune yo gukaraba mu ntoki(Hand wash)yitwa “Akamanzi” n’umuti wica microbes zo mu ntoki (Hand sinitizer) yise “Akingenzi“.

Uretse kandi iyi sabune Akamanzi n’uyu muti wica udukoko Akingenzi,Sina Gerard yabazaniye ikawa ifite uburyohe ntagereranywa yitwa “Akagufu” ndetse ku bakunzi ba fromage yabazaniye iyitwa “Akamuri”.

Ku bindi bisobanuro mwabariza kuri telefoni zikurikira +250788300008,+250788305122, +250788306888


Related Articles

Leave a Comment