Home Inkuru zamamaza Nkuko bisanzwe Sina Gerard yiteguye kubagezaho ibishya muri iri murikagurisha mpuzamahanga.

Nkuko bisanzwe Sina Gerard yiteguye kubagezaho ibishya muri iri murikagurisha mpuzamahanga.

by Nsabimana Jean Claude
0 comment

Nkuko bisanzwe buri mwaka u Rwanda rutegura imurikagurisha mpuzamahanga rikitabirwa n’abacuruzi baturuka mu bihugu bitandukanye ndetse n’abo mu Rwanda muri abo ntihajya haburamo Sina Gerard(Nyirangarama)umuyobozi wa Entreprise URWIBUTSO.

Sina Gerard wamenyekanye nka Nyirangarama akomeje kuza ku isonga muri ba rwiyemezamirimo bateza imbere igihugu cyane cyane ahereye ku bikorwa by’ubuhinzi n’ubworozi,ibi binatuma ahanga imirimo itandukanye ituma abantu benshi babona akazi,muri iri murikagurisha rya 23 rizatangira taliki 11-ukuboza kugeza taliki 31-ukuboza azabamurikira ibishya nkuko bisanzwe buri mwaka,kuri ubu abafitiye ubuki bwiza bw’umwimerere yise “ICYIZERE”.

Muri iyi expo kandi murahasanga nkuko bisanzwe  amata meza cyane yitwa AYERA ndetse na sositomate yitwa AKACU ibi byose biza byiyongeraho ifu nziza cyane yitwa AKANOZO,tutibagiwe n’ibindi bikundwa na bose birimo AKANDI, AKARUSHO, AKABANGA, AGASHYA, AKEZA, AKARABO…

BYOSE NI KURI NYIRANGARAMA.

Related Articles

Leave a Comment