Kugeza ubu nta washidikanya ko Bahaus ariko kabare keza gakomeje gushimisha abahagana bose kubera serivisi nziza utasanga ahandi.
Bahaus night club ikaba yabateguriye igitaramo cy’ibyamamare muri muzika,twavuga nka Riderman,Bill Dogg,Fireman n’abandi…iki gitaramo kikazaba taliki 23/09 guhera isaa kumi n’ebyiri z’umugoroba.
Muri iki gitaramo kandi ni naho Umuraperi Karigombe uri mu bari kuzamuka mu bakomeye mu muziki w’u Rwanda, azamurikira album ye ya mbere yise ‘Ikirombe cya Karigombe’.


Bahaus night club iherereye inyamirambo Cosmos.