Home Inkuru zamamaza Abagana Nyirangarama mu imurikagurisha baba bateguriwe byinshi bibashimisha.

Abagana Nyirangarama mu imurikagurisha baba bateguriwe byinshi bibashimisha.

by Nsabimana Jean Claude
0 comment

Abitabiriye imurikagurisha ry’uyu mwaka bavuga ko bishimira serivisi nziza bahabwa iyo bageze ahakorera Sina Gerard (Ese URWIBUTSO) kuko usanga ibintu byose biri ku murongo kandi bakanakirwa neza.

Uretse ucyo kunywa no kurya biba biteguye neza,muri stand ya Nyirangarama uhasanga n’imikino ibereye ijisho aho abakoro umukino ngororamubiri bashimisha benshi.

Abakora iyi mikino ni inzobere bishimirwa na bose
Haba hari kandi n’itorero ribyina neza

Imurikagurisha Mpuzamahanga riri kubera i Gikondo ahazwi nko kuri ‘Expo Ground’ ryatangiye ku wa 26 Nyakanga 2022. Rifungura saa Tatu z’igitondo rigafunga saa Yine z’ijoro mu minsi y’ imibyizi mu gihe mu mpera z’icyumweru rifunga saa Sita z’ijoro.

Related Articles

Leave a Comment