Bitewe nuko isuku ari isoko y’ubuzima buzira umuze, ni byiza ko buri wese aharanira kugira isuku.
Kugira ngo ubuzima buce ukubiri n’umuze bisaba ko buri wese ashyiraho uruhare rwe mu kwita ku isuku, hatitawe kuba uri mu rwego rw’abakize, rw’abaciriritse cyangwa rw’abakene nk’uko rimwe na rimwe abantu bamwe batekereza ko isuku ireba abakire.
Unitas international LTD yaje ari igisubizo kuri buri wese mu rwego rwe kuko babakorera ibikoresho by’isuku byifashishwa umunsi kuwundi ibi bakabikora banatekereza ku bushobozi buri wese yakwibonamo.
Ihere ijisho bimwe mu bikoresho by’isuku bikorwa na Unitas International LTD.









Abifuza ibikoresho by’isuku bikorwa na Unitas international LTD mwabagana aho bakorera mu karere ka Kicukiro cyangwa mukabahamagara kuri téléphone 0791590842, ibyo bikoresho kandi banabibagezaho aho muherereye hose mu gihugu.
3 comments
Nitwa Fiacre murindahabi nkorera mu karere ka nyamagabe.nifuzaga kubabaza umuntu yifuza ibi bikoresho niba mwabimugezaho.muri make umuntu wifuza gukorana namwe yaca mu zihe nzira??
Uwo muti ucesha za toilettes n’ amakaro nanjye rwose ndawukoresha ni mwiza cyane.
Ibi bikoresho se biboneka hose mu gihugu??